
Mu Rwanda, Mobile Money ntabwo ari ugukoresha gusa . Irashobora kuba `akazi` kawe ka buri munsi. UBURYO 4 BWO KWAKIZA AMAFARANGA KURI MOBILE MONEY Turaje tubikuramburire isoma iyi nkuru yacu
Read article
Wifuza gutangira umushinga muto utaguhenze ariko ukaba ubyara inyungu? Dore imishinga 10 yizewe ikorwa mu Rwanda 2026 ishobora kuguha amafaranga buri kwezi, hatangijwe ubushobozi buke.
Read article
Leta y'u Rwanda ikorana n'iya Maroc mu byerekeranye n'uburezi. Buri mwaka hatangwa amahirwe yo kwiga muri Kaminuza zo muri Maroc ku Banyarwanda. AMAHIRWE ARIMO: 1. Degree, Master, na PhD mu mashami atandukanye 2. **Ibiciro**: Akenshi Leta yombi itanga buruse ijyana n'amafaranga y'ishuri n'inzu 3. **Indimi**: Izigishwa mu Gifaransa n'Icyarabu UKO WABISABA: Jya kuri Minisiteri y'Uburezi MINEDUC cyangwa HEC. Banyuza itangazo ryo gusaba iyo hari amahirwe. Witegure: Impamyabumenyi, CV, n'ibaruwa isaba. ICYITONDERWA: Kurikiza amatara yatanzwe na MINEDUC. Irinde abantu bagushukisha bavuga ko bakwinjiza. Sangiza iyi makuru n'inshuti zawe. #Amahirwe #KwigaMuriMaroc #MINEDUC #RWANDAJOBCONNECT
Read article,Minisiteri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo ,Ministry of Public Service and Labour( MIFOTRA ),recruitment.mifotra.gov.rw ni Urubuga leta y'uRwanda Iri ni urubuga rwa MIFOTRA rufasha abantu kubona amatangazo y'akazi ka Leta kandi iba ijya nye bibyo uba warize cyane cyane kubyo washyize muri accout yawe nibyiza kandi bira shimishije ntabwo ukwiye kwicara andi ufite ibyango warize cya ufite izindi mpamya bushobozi zeme we aha tubashikariza gusaba akazi no kugasha kubyuryo twese twikura mushomeri byu mwihariko urubyiruko . Akazi karakenewe haba kubakuze kurubyiruko nizindi ngeri zose
Read article
Muriki gihe URWANDA ni si yose muri rusange duhangayikishijwe nimibero muri ubu buzima nibyiza ko dushaka imirimo twakora haba iyo twihangiye cya ngwa akazi ka leta cg mubigo bitandukanye aha tugiye kurebera hamwe imyanay wa depozaho usaba akazi
Read article
Curriculum Vitea niki? Urupapuro rw'Amakuru yawe y'akazi 📄 akuranga haba hakubiyemo amazina yawe ibyo wize igihe wavukiye, amazina yabyeyi bawe , aho utuye , nibindi Nibyiza niba urigushka akazi muyiminsi urasabawa ururu papururo kuko arirwo rukuranga mugihe usabye akazi mukigo runaka . Ibibi bigufasha kumva neza no kugusabanukirwa mugihe umukoresha agaiye kuguha akazi mukogo kiwe . Turihano rero kugirango tugufashe kunoza neza cv yawe ndetse nabyishi biba bikubiyemo kandi byiza byingenzi.
Read article
Imyitwarire ningombwa muguhe ugiye gusaba akazi mukigo runuka akeshe imyitwarire myiza niyo ikuranga cya ngwa ikugaragaza muhe ugiye gusaba akazi mukigo buriye nimwe narimwe abagiye kugaha akazi bareba uko witwara binaguhesha kuza kora akazi neza ugatanga musaruro . Niyo mpamvu turebere hamwe uko ukwiye kwitwara muhe tugiye gusaba akazi
Read article
Abantu beshi bifuza gutsinda iki kizamini mugihe bashaka akazi yego nibyo ! Ariko bitewe nuko abeshi batitwara bitandukanye bigatuma batsindwa iki kizamini rero niyo mpamvu twakuzaniye uko wakwitwara mugihe ugiye gukora ikizami cya interview
Read article
Interview cg Ikizamini cyo kuvuga niki? : Ni kiganiro kigufi kiba hagati ya wowe ushaka akazi na umukoresha ushaka umukozi.Bafata iminota 15 - 30 bakubaza ibibazo kugirango bamenye niba uri umuntu bakeneye mukazi bashaka kuguha .
Read article