ESE WA KWITWARA UTE UGIYE GUSABA AKAZI MU KIGO RUNAKA

Buriya 30% ni ubumenyi, 70% ni uko witwara.

Dore amategeko 7 azagutuma batagushaka batakwibagirwa:


1. IMYITWARIRE MBERE YO KWINJIRA
Gera aho ikizamini cyabereye mbereho iminota 15 ibi Kugaragaza ko wubahiriza igihe neza: amabra neza urugero

-Ikostumu

-ikoti,

-ishati isukuye,

-inkweto za

-politse.

-Nta jeans n’ama t-shirtZima

- zimya terefone cyangwa uyishyire sirasiye

2. IGIHE URI MU NTEKO / INTERVIEW
Subiza wicaye neza:

Umugongo ugororotse, amaso ureba ubaza ikibazo

Vuga buhoro kandi usobanutse

Tekereza mbere yo gusubiza

Iyo winjiye uvuge Muraho, nishimiye kubonana namwe

Iyo batakubajije, bavuge Hari ikindi mwifuza kumenya kuri njye?

3. IBIBAZO BIKUNZE KUBAZWA N'UKO UBYI TWARAMO

Ikibazo Uko witwara Bivuze kuri wowe?

Vuga ubumenyi bwawe + inaribonye mu minota

Vuga intege nke maze ukerekane uko uyikurikira. Nakundaga gutinya, ariko ubu...Ibibazo ufite?Buri gihe ube ufite 1-2. Ni hehe nziga cyane muri iki kigo mu mezi 6?

4. IBYO UTAGOMBA GUKORA NA RIMWE
Kuvuga nabi ku kazi ka kuta beshya - bazamenya kutaubaza umushahara mbere - baza nyuma bamaze kukwemera

kudkoresha telefone mu interview

5. NYUMA YA INTERVIEW
Shimira: Ohereza message/Email uvuga Murakoze kumpa ayamahirwe.

NGIYO IMYITWARIRE MYIZA IKWIYE KUKURANGA IGIHE UGIYE MU KIZAMINI CYA INTERVIEW

AMAHIRWE MAZA !!!!